Ndimubacu Louis

cialis reviewstadalafil online order viagra buy cialis cheap
argaiv1651

Nyuma y’uko  Inama  y’Igihugu Ishinzwe  Ibizamini mu Rwanda   igaragaje  urutonde  rw’abanyeshuri   bemerewe   kujya  muri kaminuza za Leta  n’amashuri makuru, ndetse no gusaba inguzanyo  muri SFAR, Oasis Gazette yifuje kumenya neza   inota fatizo  umunyeshuri  agomba kuba afite ngo abashe kubona impamyabumenyi.

Nk’uko, Rutayisire John, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama  y’Igihugu Ishinzwe  Ibizamini mu Rwanda  yabigaragaje, kugira ngo  umunyeshuri  utarabonye amahirwe yo kujya  muri kaminuza  za Leta  n’amashuri makuru  ngo abashe no gusaba inguzanyo  muri SFAR abone impamyabushobozi agomba  kuba afite nibura amanota 13/55 ku wize amasomo atari ay’imyuga na tekiniki cyangwa nibura amanota 21/55 ku bize imyuga na tekiniki.

Aha  Rutayisire John  yagize ati  “impamvu  twafatiye  ku inota ritandukanye, ni uko  abanyeshuri batiga imyuga baba biga amasomo 3 gusa, naho abiga imyuga bakiga  amasomo 6.”

Rutayisire  avuga ko    gutanga  impamyabumenyi ku banyeshuri  bazashingira  kuri ayo  manota. Ati “mu mwaka  washize  twazitangaga   duhereye  ku munyeshuri wabonye  1,5.”

Abanyeshuri  boherejwe mu mashuri makuru na za kaminuza za Leta bagera ku  6.237,  bazatangira kwiga  mu mwaka wa 2012.

Abo banyeshuri  kandi bakaba baziga  mu mashami  agera kuri 31  muri kaminuza zose za Leta n’amashuri makuru.

Naho mu mashami  yose  yakozwemo ikizamini cya Leta,  ishami rya HEG, niryo  ryafatiwe ho amanota menshi kuko bafatiye ku munyeshuri wujuje 55 kuri 55.

Share

Comments  

 
+3 # jean paul 2012-04-13 12:50
twebwe twize MPG sitwumva rero ukuntu ariya ma section yandi yiga phyisique baba barayahaye amahirwe menshi kuruta ayacu ese baba baragendeye kuki ? Mpg bafatiraga 28 none ngo ni 37 ntabwo byumvikana kuko mpg yaratsinzwe pe sinzi rero icyo bagendeyeho ibi sibintu
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-3 # maniraguha pascal 2012-04-13 15:40
ntabazaga muri csm bafatiye angahe? murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # uwamariya josephine 2012-05-27 15:54
MWIRIWEHO?NONE MURI HOTELERIE BAFATIYE KURI ANGAHE NA CSM?MURAKOZE MUGIRE UMUNSI MWIZA.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+3 # JEAN CLAUDE 2012-04-16 07:56
Ni Jean Claude ese MCB nayo mwafatiye37 ? nonese mwaba mwaragendeye kuki kugirango PCB mufatire16, MCB 37 ? my E-mail is"" MCB twabiguyemo kabisa!!
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # JEAN CLAUDE 2012-04-16 08:11
Nabazaga impamvu MCB mwafatiye amanota menshi cyane(37) kandi PCB na PCM mugafatira utunota dukeya!nukuri abantu twize MCB twabirenganiyem o ndetse bikabije! ibi si ibintu pe!MCB barazamura andi ma section bakamanura why??
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+3 # Byiringiro Pascal 2012-04-17 10:50
ndabaza amanota yo kujya muri kaminuza kubiga imyuga cyane cyane electronics&telecommunicati on
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # elysee uwimana 2012-04-22 10:31
ni Elysee ese muri EKK inota fatizo ni irihe?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+2 # wrapu 2012-04-18 15:09
nukuli pcm bari barabigendeyemo gusa kwiga physics ugahita wiga na mathematics byari danger gusa andi ma section barakabije
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # UMUHOZA Chantal 2012-04-18 21:30
Amahoro y'Imana abane namwe!

Nize MAHTS,PHYSICS and COMPUTER SCIENCE. ibyo nasabagaho ubusobnura ni ibi:
1.ese twebwe inota fatizo ni irihe? kuko nkanjye uko mbona gufata CSM na MPC ukabishyira ku nota rimwe byaba arinko kwirengagiza Physic na Math ntabwo biba byoroshye.
2.niba bishoboka mwatumenyesha gato kubitekerezo mwagendeyeho kugira ngo turusheho kunyurwa.
mbaye mbashimiye.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # RUGORIRWERA Media 2012-04-18 21:43
MPC:math,physic and computer sciences Inota ni irihe?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+3 # kazungu claude 2012-04-20 11:11
ese ibyo bigo bazabisohora ryari.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-2 # njekumurata jerome 2012-04-21 16:49
mwiriwe ho neza nabazaga amanota mwafatiyeho kubantu bize EFK NA PCM na tourism . mbese kuki muri HEG mwafatiye kuri menshi
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # pembe nazel antino 2012-04-22 06:08
amahoro! Ndasha kubaza abo bayobozi nti: ese uku niko mwatubwiraga ngo muri guteza science imbere? None se ko muzi exams mwateguye mwarangiza mugafatira kuri 37 abasigaye bo bazaba abande? Erega nta mwana uruta undi
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # mbarushimana 2012-04-22 08:05
ibyo ni byo ariko MCB NA MPG MWABANGENZEHO NI MU DUHA IBYO MWASHYINGIYEHO BYAFASHA BENSHI NAHO MUDATANGAJE IZO ARGUMENTS BYABA ARI URUJIJO
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # sauveur 2012-04-22 15:26
mubwire amanota bafatiyeho muri pcm no muri competer electronics
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+1 # philbert 2012-04-23 07:59
muduhe urutonde ra manota ya buri combination.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # MUKIZA Ferdinand 2012-04-24 18:33
njyewe hari ibintu bintangaza ibyo byemezo aho byafatiwe biratangaje tukiga ibintu bimeze kimwe tugakora bimwe ugasanga difference ya phyisic na biology ibaye intandaro yogukubwa 2 hejuru yimvune yose na minerval itoroshye then hagatangwa certtifica ndifuza ko mwasobanura byimbitse kuko numva no kumukuru wigihugu bizabazwa mukamara abantu impungenge CSM NI IKI
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # MUJYENAMA PAUL 2012-04-26 12:49
Byumvikana gute ko umwaka washize MEG yari iyakabiri mu ma combinaisons yafatiwe ku manota make ni ukuvuga19,ubu mugahita muyishyira kuri 37?ubwikube kabiri burenga.iyo favoritisme ku ma sections amwe na mwe sinziza.murakoze ariko mwisubireho.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+1 # BWITONZI Alexis 2012-04-26 12:57
Abanyeshuri bize Acauntancy bemerewe kuzajya muri kaminuza ni abafite amanota angahe? ibibintu biteye urujijo,bishobo tse mwadusobanurira mukanatubwira igihe urutonde rwabemerewe kwiga ruzasohokera.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
+2 # kazungu claude 2012-04-27 06:18
ese ko muvuga ngo diproma ngo ni 21/55na 13/55 kandi hari ababonye certificat zabo ubwo se muzazibaka?ni mudusobanurire.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # safari edmond 2012-04-27 13:38
MPC yo mwafatiye kuri angahe ni mudusobanurire murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Jean de Dieu 2012-04-28 09:37
TML yo mwfatiye kuri angahe se, Byaba byiza mugiye muduha manota fatizo yaburi combination. mutubwire rero uko bihagaze muri TML (Teaching mordern languages)
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # NTWARI Jackson 2012-04-28 15:06
accounting mwafatiye kuri angahe?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # clement ndoli 2012-04-28 16:44
mwatwoherereza amanota fatizo muri buri combination?kugira ngo mbashe kubibona neza.murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # karasira 2012-04-28 17:31
NONEHO NIBWIRE SFAR IHE INGUZANYO MURI MUNYESHURI WESE UFITE DIPLOMA INGUZANYO MAZE NASOZA KWIGA BAZAFATIRE DEGREE YE BAZAYIMUHE AMAZE KWISHYURA AMAFARANGA YAYO KUKO TUBAYE ABASHOMERI KARABAYE TEKEREZA ABABNTU BAKOZE IKIZAMINI UREBE ABAGIYE GUKOMEZA KWIGA KANDI WIBUKE KO ABASIGAYE BOSE NTANAKAZI NIBUTRA BANAFITE UBU NTIBITEYE UBWOBA NUKURI?NIBA IKIGO KIBEREYEHO GUFASHA ABANYESHURI NIKIBAFASHE CYANGWASE NABWO MUREKE AFITE BIBEREHO UBWOSE MURUMVA BYAGENDA GUTE KONGERA ABASHOMERI MUGIHUGU KANDI KWIGA ARICYO BYAGAKEMUYE? MUDUSUBIZE NABWWWWO TURUMENYE ICYO GUKORA!NIHANGAN ISHIJE ABANYESHURI TWESE TWAKOZE MURI 2011!!!!!
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # karasira 2012-04-28 17:11
NI BURA ABANTU BIGA SCIENCES MWAGIYE MUFATIRA KUMANOTA ANGANA NTIBYABABYIZA KURUSHAHO?MAZE NA ARTS BIKABA GUTYO,UBUSE ABANTU BAZAJYA BIGA SECTIION IMWE GUSA?ARIYO PCB,BIRABABAJE PEE!MCB,PCM(PHY ,CHIEM,COMPUTER )KOBIKOMERA KURUSHAN PCB,ARIKO NTANARIMWE MURAGABANYA HO NARIMWE KOKO MWATUBABARI YEKWERI KOTURUSHYE,MUNS UBIZE NIBA BISHOBOKA NIBURA UYUMWAKA MCB IYO MUFATIRA NKO KURI 15 NIBURA ABANTU NAYO BAKAYIKUNDA UBUSE ABANTUBOSE KOBAIGIRIYE MURI PCB KUBERA MWE KOKO?MURAKOZE ARIKO NTITUNEZEREWE NAGATO PEE
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Nhimiyimana joseph 2012-04-28 22:06
Reta ikwiye kumenyako abanyeshuri ari abayo kandi ibintibisobanut seneza berekane amanota yaburi combination.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # MUNYANKINDI PHILBERT 2012-04-30 07:22
niba ayao manota ariyo, nubwo ari menshie nimusohore imvaho?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # JIMMY CARTER MUSONER 2012-04-30 08:27
njye nifuzaga kumenya igihe imvaho izasohokera.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Nshimiyimana silas 2012-04-30 09:46
Ariko BCM muyiziza icyi?gusa musohore imvaho itumare amatsiko,gusa education ndabona iri gusubira inyuma kuko abanyeshuri benshi bashoboye aribo bari gusigara batari kwiga.ariko ntacyo uganda, congo n,uburundi biraprofita ubwo bwenjye bwacu muri kwanga.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # NTAWUKURIRYAYO DIEUD 2012-04-30 13:06
MPG MWAYIRYAMIYE MWIRENGAGIJE UMUBARE WABAYIKOZE N'ABAYISTINZE NZI NEZA KO ARI BAKE PE!MUYIRUTISHA PCM THIS IS UNBLEAVEBLE OK MUDUSHAKIRE SPONSORSHIP KUNGUZANYO NIBURA ARIKO AMATEKA NATWE YARA TWIBASIYE NITWEBWE BAHINDURIYEHO URURIMI NINATWE BAGABANYIRIJEHO UMUBARE W'ABAJYA MURI KAMINUZA~ TWARIBASIWE NTITWABIMENYA IRIKO BIRAKABIJE LETA IKWIYE KWICARA IKATWIGAHO.MURAKOZE GUSOMA IGITEKEREZO CYANGE MUKANAGIHA AGACIRO GIKWIYE.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # IRANZI Pamellah 2012-04-30 14:19
ndabashimye ku makuru mukomeza kutugezaho uko bwije n'uko bukeye ariko icyo tubasaba nuko mwazaduha urutonde rw'amazina ya bemerewe kujya muri kaminuza (byibura muri buri combination)kuk o byarushaho kudufasha,ese muri see inota fatizo n,ikuri angahe? murakoze turabategereje ko mudusubiza ku kibabo cyacu cg igitekerezo cyacu.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # NDAGIJIMANA S René 2012-04-30 16:04
Ese muri Accountancy inota fatizo ni angahe?Nifuzaga kumenya uburyo wda yashize kurutonde section ihagarariye. Ese kuberara iki wda yatinze kuduha attestation.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Nshimiyimana silas 2012-05-01 08:25
Morning.nimwihangane mutangaze inota fatizo n,ibigo ku maradio cg mu mvaho kuko burya twese siko tujya kuri internet ngo tubimenye,mubis hyire ku mugaragaro rero ababonye izo bourse bitegure,mutiba giwe ko gutangira k,umwaka ari mu kwa cyenda.murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # JURU 2012-05-02 08:13
njye si igitekerezo ahubwo ni ikibazo?mumbwarize iyo nguzanyo yo umunyeshuli ayibona bigenze gute?mfite 34/55 muri MEG.nonese mbigenze nte?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # ndayisenga jules 2012-05-02 08:25
nabazaga icyo mushingiraho kugirango mushyireho inota fatizo?ese koko MEG mwafatiye kuri 37?aha birakomeye ibaze kuba umwaka ushize yari 19 none ubu ni 37.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Mukasugira angelique 2012-05-02 08:38
Mwaramutse,njye nifuzaga kubaza kubijyanye na WDA,muri technique mwaba mwarafatiye angahe?nko muri construction.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # shema pascal 2012-05-02 14:35
ese muri tekiniki ko mwavuze 21kuri 55 kandi mwaravuze ko twakoreye kuri 60 ntago ari byo se? ese list mwasohoye mwerekana abatsinze kwari ukugirango mugere kuki?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Uwringiyimana Theoph 2012-05-02 14:42
Njye ndabaza ese muri MVM mwafatiye kumanota angahe? ese bourse zohanze zo mwafatiye kumanota angahe?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Nshimiyimana silas 2012-05-02 16:57
Morning.turacyategereje ibisubizo by,ibyifuzo byacu,bishobots e mwadusubiza tukamenya amakuru y,igihe ibyo bigo bizazira.ikindi hari abatazi inota fatizo muri combination zabo byaba byiza mumaze abantu bose amatsiko ku buryo bwa rusange.murakoze kdi turabakunda cyane.abana mwese murangije kuri college de nkanka ndabasuhuje.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # NDAHIMANA THARCISSE 2012-05-02 19:59
mugerageze murebe na HEG KABISA KUKO BARARENGANA MUGABANYE
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # kagaju 2012-05-03 10:15
rwose uburezi bwacu buteyeiki ikibazo kuvugango diplome ni 13/55na27/55 kndi musohora amanota muvuga ngo abana batsinze nonese muyurije kuko mwatubajije ibyoroshye?cg mwibwirako iyo minerval ibayoroshye?ngo mwafatiraga 1.5 none muboyeko...gusa sinzi ni mba mutaduhaye kujya muri kaminuza mwutwima amahirwe yandi yo kubaho twari tumaze gufata umurongo ngo twaratsinze dushaka minerval yo kuziyigisha.ubuse bwo mutekereze kumpande zose abandi bagiye hari ababonyeko batsinze bafite munsi ya cumi 13cg 21 bagahita bajya kwiga ubwose murumva ari iki?ese ibintu byose bizira rimwe icyongereza guzamura amata.erega no kugira make bibaho ntibivuze ko utakomeza kndi ngo ube umuhanga.murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # BARAKA 2012-05-04 11:16
kuberiki M C B mufatira kumanota menshi muri science kandi nayo itoroshye ?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
-1 # MANIRUMVA PASCAL 2012-05-04 11:41
mwiriwe ndashaka kumenya amanota bafatiye ho muri technique et professsionnel .murakoze
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Eduard 2012-05-04 12:36
Nibyo koko muri HEG 55 cyangwa 52 muri 2011
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # valens NDINDIRIYIMAN 2012-05-04 12:49
mbona hari aho abana bize MCB barengana nigute abantu batandukanira kwi somo rimwe gusa hakazamo differance yamanota 18 kdi iyo ushishoje hari ijyihe usanga rya somo ribatandukanya bose baritsinzwe .
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # MUGIRANEZA Aphrodis 2012-05-04 12:58
Ese muri technics bafatiye kumanota angahe?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # mapendo 2012-05-05 15:36
Hi? nonese mbabaze ikibazo, ubu uwagize amanota under 21 muri technique yaratsinzwe? yoo! tubaye abande? ntakuntu mwadusobanurira neza kurushaho?
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # claire 2012-05-10 10:44
ndabaza amanota bafatiye ho muri computer science and management
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Baseme théogène 2012-05-14 19:18
Mwiriwe?turabasabako mwatubariza wda aho igeze idukorera attestations de réussite .ikindi itumenyeshe amanota yafatiyeho ya bourse.murakoze.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # UWITONZE ALFRED 2012-05-27 09:50
BYATADUTUNGUYE ABATECHNICIEN BA WDA AHO YAJE TUZIKO IGIYE GUKEMURA IBIBAZO BYA TECHNIQUQ MUKUZAMURA ABTECHNICIEN MURI KAMINUZA NONE YABIGIZE RUDUBI NAYO REB YAFATIYEHO UBUSHIZE NTIYAYAGEJEJEHO RWOSE AHUBWO COLLEGE MURIMO KUZUZUZAMO ABASCIENTIFIC BARANGIZA BAKAJYA KWIGISHA MURI TECHNICAL SCHOOL NTABUMENYI BAFITE ABATECHNICIEN BAGAHERA HASI. MUBISUZUME BIRAKABIJE.
Reply | Reply with quote | Quote
 
 
0 # Mukeshimana Lucienne 2012-06-04 08:14
Ariko buriya amanota 45/60 si akayabo?muri TSM ubu twe turasigaye pe!muradutegany iriza iki?uzi kuguciraho umurongo, NYAGASANI!!!!!! AHA.
Reply | Reply with quote | Quote
 

Tanga Igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru

Image
Abagana n'abacuruza mu isoko rya Kimisagara baratabaza
Tuesday, 09 April 2013
    Isoko rya Kimisagara riherereye ku nkengero z'imirenge ya kimisagara, Nyakabanda, Nyamirambo na Gitega bityo abaturage b'iyi mirenge bigatuma... Read more...
Image
I Kigali hateraniye inama ku ishoramari hagati y'u Rwanda na Kenya
Friday, 03 August 2012
Ishyirahamwe ry’abashoramari b’abanyarwanda n’abanyakenya Kenya --Rwanda Business Association- rirasabwa gufasha abacuruzi kujya babona amakuru... Read more...
Image
Ubukungu bw’u Rwanda buziyongera cyane uyu mwaka: Ambasaderi Gatete
Wednesday, 02 May 2012
  Banki Nkuru y’u’Rwanda, BNR iratangaza ko ubukungu bw’u Rwanda bushobora kwiyongera cyane uyu mwaka, nk’uko byatangajwe  na Ambasader... Read more...
Image
Copcom yashyize ahagaragara igishushanyo mbonera cy’inyubako yayo
Monday, 09 April 2012
Koperative copcom yashyize ahagaragara igishushanyo kinyubako y’ubucuruzi igiye kubaka mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Gisozi. Read more...
Image
Nyamagabe: abahinzi b'ingano barasabwa kongera umusaruro mu bwinshi no mu bwiza
Thursday, 15 March 2012
Mu gihe abahinzi b’ingano basabwa kongera umusaruro wazo mu bwinshi no mu bwiza , umuyobozi w’akarere k’ubuhinzi k’amajyepfo mu Kigo... Read more...
Image
Abakinnyi 26 b’Amavubi ku mukino na Mali n’uw’Algeria
Friday, 24 May 2013
Umutoza w’ikipe y”igihugu “Amavubi”, Eric Nshimiyimana yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 26 azifashisha mu mikino ibiri... Read more...
Image
umutoza Nshimiyimana Eric arashyira hagaragara urutonde
Thursday, 23 May 2013
  Mu gihe u Rwanda ruheruka gusezerera Umutoza Mukuru w’Amavubi ikipe igahabwa Nshimiyimana Eric wari usanzwe n’ubundi amwungirije,... Read more...
Image
Abakinnyi 10 bafite umutungo mwinshi kurusha abandi
Wednesday, 22 May 2013
Uretse kuba bahembwa akayabo k’amayero abarwa ku cyumweru, benshi mu bakinnyi umutungo wabo ntabwo ariho ushingiye gusa, ahubwo usanga kuba bafite... Read more...
Image
Milutin Micho Umutoza mushya wa Uganda Craines
Wednesday, 22 May 2013
Ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki ya 21 Gicurasi 2013, Milutin Micho Sredojovic wirukanywe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ni we... Read more...
Image
Iby’umutoza Jose Morinho na Real Madrid byarangiye
Tuesday, 21 May 2013
Amakuru yari atamenyekana neza kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere kugeza ubwo Florentino Perez atumirije itangazamakuru ahagana saa mbiri... Read more...
Image
Ban Ki-moon yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Ikigo Nyafurika cyo gukumira ihohoterwa
Friday, 24 May 2013
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ban Ki-moon yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Ikigo nyafurika gihuza ibikorwa by’inzego z’umutekano birebana... Read more...
Image
Nyamasheke: Ibikorwa byagezweho n'akarere birivugira
Wednesday, 22 May 2013
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 21/05/2013 , ubwo Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yazaga mu Karere kurera aho imihigo igeze ishyirwa mu... Read more...
Image
Ibibazo by’igishanga cya Mwogo mu nzira zo gukemuka
Wednesday, 22 May 2013
Igishanga cya Mwogo kimaze igihe kitazanira umusaruro abawugitezeho.Uretse igice cyegereye uyu mugezi nyirizina,n’ubutaka bukikije umugezi wa... Read more...
Image
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ingana na miliyoni 50 z’Amadolari
Wednesday, 22 May 2013
Banki y’isi yageneye Guverinoma y’u Rwanda inkunga ingana na miliyoni 50 z’amadolari agenewe guteza imbere inzego zegereye abaturage hanozwa... Read more...
Image
Abantu 19 bamaze kwirukanwa mu bizamini byo gutwara ibinyabiziga kubera amanyanga
Wednesday, 22 May 2013
Polisi y’Igihugu, ishami rishinzwe umutekano mu muhanda ryakuye abantu 19 mu kizamini bafatiwe mu bikorwa bitemewe mu bizamini by’impushya zo... Read more...
Image
Hashize imyaka 40 telephone ngendanwa ya mbere ikozwe
Friday, 05 April 2013
Kugeza ubu mu gihugu cy’u Bufaransa habarirwa miliyoni 64,4 za telephone ngendanwa ( Telephone mobile) zikoreshwa. Kuva zatangira gukoreshwa ubu... Read more...
Image
Gils in ICT Rwanda mu kiganiro nyunguranabitekerezo kuri uyu wa gatanu
Friday, 22 March 2013
Girls in ICT Rwanda yateguye ikiganironyunguranabitekerezo kiri bubere kuri Telecom House ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 22 Werurwe guhera... Read more...
Image
USA: Microsoft irashinjwa ibirego bya ruswa
Wednesday, 20 March 2013
Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika barakora iperereza ku birego bya ruswa bishinjwa Microsoft bivugwa yakoreye mu Bushinwa, mu Butaliyani, na... Read more...
Image
U Rwanda na Koreya byiyemeje kongera ikoranabuhanga mu isakazamakuru
Monday, 11 March 2013
Mu rwego rwo kuzamura isakazamakuru (Broadband) ryifashisha ikoranabuhanga na tekinoloji yihuta, Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu Kigo... Read more...
Image
Family TV na Contact TV ni zimwe muri televiziyo 5 zigenga zigiye gutangira vuba
Tuesday, 08 January 2013
Nyuma y’igihe kirekire u Rwanda rufite televiziyo imwe rukumbi; televiziyo eshanu zigiye gutangira gukora muri uyu mwaka wa 2013. Read more...
Image
Kelly Rowland aremera ko agirira ishyari Beyonce
Friday, 17 May 2013
Umuhanzikazi, Kelly Rowland muri album ye nshya yenda gushyira ahagaragara izaba yitwa “ Tall A Good Game ”, agaraza ukuntu agirira ishyari... Read more...
Image
USA: Micheal Jackson yongeye kuregwa gusambanya umwana atakiriho
Wednesday, 08 May 2013
Ikirego gishya gishinja Micheal Jackson cyagejejwe mu rukiko, aho umubyinnyi witwa Wade Robson wigeze gukorera Usher, Pink na Britney Spears, amaze... Read more...
Image
USA: Mark Lester aremeza ko ariwe se wa nyawe w’abana ba Micheal Jackson
Tuesday, 07 May 2013
Umukinnyi wa filimi wo mu Bwongereza, Mark Lester, inshuti magara y’Umwami wa Pop, Micheal Jackson aremeza ko yiteguye gukoresha ibizamini bya AND... Read more...
Image
USA: Lauryn Hill mu gihome azira kunyereza imisoro
Tuesday, 07 May 2013
Umuhanzikazi w’injyana ya Hip Hop w’Umunyamerika, Lauryn Hill, wahoze mu itsinda rya Fugees, kuri uyu wa mbere yakatiwe igiofungo cy’amezi 3... Read more...
Image
Dubai: Justin Bieber yari ahitanywe n'umufana
Monday, 06 May 2013
Justin Bieber yaraye agabweho igitero n’umufana w’umusore ubwo yari kuri stage ari kuririmba muri concert yari yakoresheje i Dubai. Read more...
Image
Stade nshya mu Rwanda iratangira kubakwa uyu mwaka
Tuesday, 19 February 2013
Umuyobozi w’imikino muri Minispoc ,Bugingo Emmanuel   yabwiye itangazamakuru ko inzandiko hagati ya Ministeri n’abafatanyabikorwa zigomba... Read more...
Image
Menya niba umukunzi wawe akubaha
Tuesday, 29 January 2013
Urukundo rwose ntirugira intego zimwe. Abantu batandukanye ku mico n’imyifatire ndetse n’uburere niyo mpamvu uburyo bwo kubana ku bantu... Read more...
Image
Amazina y’abana b’abakobwa agezweho
Wednesday, 11 July 2012
Amazina y`abana b’akobwa agezweho muri uyu mwaka wa 2012 ariko nago ari aya yonyine nuko twashatse kubagezaho aya 20 agezweho muri uyu mwaka... Read more...
Image
Ese ni byiza kunywa Soda mu gihe utwite ?
Thursday, 21 June 2012
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo gishinzwe ubusugire bw’ubuzima bwa muntu cyo mu gihugu cy’u Bufaransa (Anses), gitangaza icyo babona ku ngaruka... Read more...
Image
Abasirikare 9 ba FDLR batashye bavuye muri Congo
Wednesday, 13 June 2012
Babiri muri abo basirikare bafite ipeti rya premier sergent, umwe afite irya sergent n’aho abandi batandatu basigaye bafite ipeti rya kaporali.... Read more...

300x250

300x250

300x350